Tumgik
kigalisight · 1 year
Text
Imodoka za HOWO zikomeje guhitana benshi mu Rwanda zishobora gufatirwa ibyemezo bikarishye
Imodoka za HOWO zikomeje guhitana benshi mu Rwanda zishobora gufatirwa ibyemezo bikarishye
Nyuma yuko imodoka zo mu bwoko bwa Howo zikomeje gukora impanduka zigahita ubuzima bwa benshi, Polisi yatangaje ko iri kwegeranya amakuru mu gukora iperereza ku cyaba kibitera, ubundi hagafatwa icyemezo. Izi modoka zimaze iminsi zumvikana mu mpanuka za hato na hato zirimo iyabere ahazwi nko ku Kinamba mu Mujyi wa Kigali, yahitanye abantu batandatu barimo abana batatu bavukana. Hirya hino kandi…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Umufasha wa Perezida Tshisekedi yagaragaye mu Mpuzankano ya M23
Umufasha wa Perezida Tshisekedi yagaragaye mu Mpuzankano ya M23
 Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, abantu bakomeje gutangarira ifoto ya Madame wa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyekuru  yambaye umwambaro wanditseho M23. Muri iyi foto ,Madame Nyekuru agaragara yambaye umupira ufite ibara ry’Icyatsi cya Gisirikare, bijya gusa n’imyambaro M23 isanzwe yambara ndetse abakoresheje imbuga nkoranyambaga benshi bakemeza ko ashobora…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Ikirunga cya mbere kinini ku Isi kirimo kuruka (Amafoto)
Ikirunga cya mbere kinini ku Isi kirimo kuruka (Amafoto)
Ikirunga cya Mauna Loa cyo muri Hawaii ari na cyo kinini mu bugari ku Isi mu bitarazima, cyatangiye kuruka nyuma y’imyaka hafi 40 gituje.   Kugeza ubu amazuku ava mu nda yacyo ntabwo arasakara mu mpande kuko acyitekeye mu mutwe wacyo, ariko abaturage basabwe kuba maso. Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’Isi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USGS) cyatangaje ko ibintu bishobora guhinduka umunota uwo…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Tshisekedi yagaragaje ibyatuma M23 yemererwa kwitabira ibiganiro nk’indi mitwe
Tshisekedi yagaragaje ibyatuma M23 yemererwa kwitabira ibiganiro nk’indi mitwe
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje ibintu bitatu byakorwa na M23 kugira ngo na yo ihabwe ikaze ku meza y’ibiganiro biri guhuza Guverinoma ye n’imitwe yitwaje intwaro. I Nairobi muri Kenya hongeye gusubukurwa ibiganiro bihuza Guverinoma ya Congo Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro ikomoka muri iki Gihugu, gusa ntirimo umutwe wa M23 ari na wo ufite…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Perezida Tshisekedi yarokotse uburozi
Perezida Tshisekedi yarokotse uburozi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yarokotse uburozi bwari mu ibaruwa yoherejwe mu biro bye, igatahurwa itaramugeraho nk’uko ibinyamakuru byo muri icyo gihugu byabitangaje.   Ikinyamakuru Politico cyatangaje ko iyo bahasha yaturutse ku muryango utegamiye kuri Leta ukorera mu Bufaransa, nubwo hatatangajwe uwo ari wo. Ngo yageze mu biro bya Perezida wa…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Congo: Hagaragaye amashusho ababaje y’Abapolisi bahohotera umuturage bamwambitse ubusa buriburi
Congo: Hagaragaye amashusho ababaje y’Abapolisi bahohotera umuturage bamwambitse ubusa buriburi
Mu gihe umutwe wa M23 uharanira iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ikinyarwanda, wasabwe guhagarika intwaro, bamwe baribaza iherezo ry’ibikorwa byo guhohotera abaturage bikorwa n’inzego z’umutekano za Congo Kinshasa. Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ugushyingo 2022, i Luanda muri Angola hateraniye inama y’akarere, yafatiwemo ibyemezo bisaba umutwe wa M23, ko kuva kuri uyu wa Gatanu…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
FDLR yavuze ko igihe cyo gutaha mu Rwanda kigeze nk’uko yabihanuriwe
FDLR yavuze ko igihe cyo gutaha mu Rwanda kigeze nk’uko yabihanuriwe
Umutwe w’inyeshyamba wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda wavuze ko igihe cyo gutaha mu rwababyaye  kigeze, ko ugomba gufata intwaro ugasubira mu Rwanda kuko igihe cy’inkotanyi cyarangiye nk’uko baherutse kubihanurirwa n’abahanuzi babo. Umuvugizi w’izi nyeshyamba Cure Ngoma ntabyinshi atangaza kuri uyu mugambi cyakora yemeza ko igihe kigeze kugira ngo basubire mu Rwanda bambuwe n’inkotanyi. Icyakora…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
M23 ivugako hari amabanga ihishiye itangazamakuru!
M23 ivugako hari amabanga ihishiye itangazamakuru!
Umutwe wa M23, uvuga ko hari amabanga menshi uhishiye itangazamakuru, arebana n’imirwano umaze iminsi uhanganyemo na FARDC uzatangaza mu gihe gikwiye. Mu Kiganiro yagiranye na itangaza makuru kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2022, Maj Willy Ngoma umuvugizi wa M23 mubya gisirikare, yabajijwe ibanga M23 iri gukoresha riri kuyifasha gutsinda FARC ,FDLR n’imitwe itandukanye ya Mai Mai, byanatumye yigarurira…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
M23 yafashe agace ka Bambo inafunga umuhanda Rwindi -Nyanzale
M23 yafashe agace ka Bambo inafunga umuhanda Rwindi -Nyanzale
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ugushyingo 2022, imirwano ihanganishije M23 n’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(FARDC) yakomereje mu gace ka Kishishe. Imbunda zirimo iziremereye zumvikanye mu gace ka Kishishe hafatwa nk’agace k’ingenzi muri Gurupoma ya Bwito , Teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. amakuru ava i  Bambo muri Bwito ivuga ko…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Gen Mugabo yategetse ko abatutsi b’i Masisi bakusanyirizwa mu mashuri na za Kiliziya utahabonetse akicwa
Gen Mugabo yategetse ko abatutsi b’i Masisi bakusanyirizwa mu mashuri na za Kiliziya utahabonetse akicwa
Gen de Bde Hassan Mugabo wa FARDC  ukuriye ingabo muri Teritwari ya Masisi, yategetese ko Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi bakusanyirizwa mu bigo by’amashuri,amavuriro na Kiliziya utabikoze afatwe nk’umurwanyi wa M23 ashakishwe yicwe. Kuva mu ntangiriro z’iki  cyumweru, Gen Hassan yategetse ko Abatutsi bose batuye i Masisi bakwihutira kujya mu bice bihurirwamo abaturage benshi birimo Insengero,…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
DRC : Muri Kivu y’amajyepfo hagaragajwe abarenga 5000 bagiye gufasha FARDC kurwanya M23
DRC : Muri Kivu y’amajyepfo hagaragajwe abarenga 5000 bagiye gufasha FARDC kurwanya M23
Urubyiruko rw’abasore n’inkumi bagera ku 5000 bakomoka mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, binjiye mu gisirikare cya DRC kugira ngo bajye gufasha ingabo za Leta FARDC murugamba bahanganyemo na M23. Uru rubyiruko rwagaragajwe kuri uyu wa 22Ugushyingo ubwo bari mu nama y’akarere ka 33 ka gisirikare murwego rwo kumenyesha umuyobozi w’intara , abiyemeje kujya kurwanirira igihugu nk’uko babyifuje. Ibi…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Cristiano Ronaldo yatandukanye na Manchester United burundu
Cristiano Ronaldo yatandukanye na Manchester United burundu
Abakunzi ba Cristiano Ronaldo na Manchester United bamaze igihe kinini bibaza igihe ibibazo bafitanye bizakemukira. Igisubizo cy’ibyo byose cyabaye gutandukana kw’impande zombi mu bwumvikane.Cristiano Ronaldo yatandukanye na Manchester United burundu   Mu itangazo Manchester United yashyize hanze ku mugoroba wo kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022, yavuze ko impande zombi zemeranyijwe gutandukana nta…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Sena yasabye Perezida Biden guha Ukraine ‘drones’ yayimye
Sena yasabye Perezida Biden guha Ukraine ‘drones’ yayimye
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden ashobora kwisubira ku cyemezo yari yafashe cyo kwanga guha Ukraine indege zitagira abapilote (drones) zo mu bwoko bwa Gray Eagle MQ-1C.   Ukraine imaze igihe isaba Amerika ko mu nkunga iyitera mu ntambara irimo n’u Burusiya yakongeraho n’ubu bwoko bwa drones, gusa iki gihugu cyo cyabiteye utwatsi mu rwego rwo kwirinda ko intambara ihuje Ukraine…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
M23 yagaragaje ko ibiri gukorerwa Abatutsi b’i Masisi bisa na Jenoside yabaye mu Rwanda
M23 yagaragaje ko ibiri gukorerwa Abatutsi b’i Masisi bisa na Jenoside yabaye mu Rwanda
Umutwe wa M23 wamenyesheje amahanga n’imiryango mpuzamahanga ko utewe impungenge n’ibikorwa bya FARDC yakorewe Abanyekongo bo mu bwoko bw’abatutsi b’i Masisi, bigaragaza ko Guverinoma ya Congo iri mu mugambi wa Jenoside. Ni itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022, rimenyesha Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Uwa Afurika Yunze Ubumwe, Umuryango w’Abibumbye ndetse…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Théo Ngwabidje Kasi yashinjwe kunyereza umutekano w’intara ya Kivu y’amajyepfo
Théo Ngwabidje Kasi yashinjwe kunyereza umutekano w’intara ya Kivu y’amajyepfo
Umuyobozi w’intara ya Kivu  y’amajyepfo,Theo Ngwabidje yibasiwe n’abadepite bo muri iyi ntara ya Kivu y’amajyepfo, ashinjwa imicungire mibi y’umutungo w’intara ayoboye. Uyu muyobozi wakomeje gushinjwa  n’abo ayobora kunyereza umutungo wa Leta afatanije na Perezida w’Inteko y’Intara  ya Kivu y’Amajyepfo Zacharie Lwamira , aba bombi bakaba baranahamagajwe mu nteko  y’intara ya Kivu y’amajyepfo…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 1 year
Text
Nta kibazo cy’intwaro dufite kuko twibitseho nyinshi za FARDC: Umuvugizi wa M23 mubya gisirikare
Nta kibazo cy’intwaro dufite kuko twibitseho nyinshi za FARDC: Umuvugizi wa M23 mubya gisirikare
Ibi, ni ibyatangajwe na Maj Willy Ngoma umuvugizi wa M23 mubya gisirikare, ubwo yagiranaga ikiganiro nitangaza makuru  kuri uyu wa 22 Ugushyingo 2022. Maj Willy Ngoma, akomeza avuga ko mu mirwano yabahanganishije na FARDC muri Kamena 2022, ubwo M23 yigaruriga bimwe mu bice bigize teritwari ya Rutshuru  birimo n’umujyi wa Bunagana, babashije kwambura FARDC intwaro nyinshi zirimo intoya n’inini…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes
kigalisight · 2 years
Text
FARDC na FDLR bagerageje kwegera Kibumba bakubitwa inshuro
FARDC na FDLR bagerageje kwegera Kibumba bakubitwa inshuro
Mu gitondo cyo Kuri iki Cyumweru  tariki 20  Ugushyingo 2022, ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) ku bufatanye n’indi mitwe bakorana ya FDLR na Mai Mai bagerageje kwegera agace ka Kibumba basubizwa inyuma mu mirwano yumvikanyemo Imbunda ziremereye. Iyi mirwano ikaba ije nyuma y’amakuru yazengurukaga ku mbuga nkoranyambaga zo muri RDC ko abarwanyi ba M23 batangiye gusubira…
Tumblr media
View On WordPress
0 notes